Rulindo: Kandagirukarabe yakemuye ibibazo by’isuku.
TweetAbaturage batuye mu karere ka Rulindo ngo basanga hari bimwe mu bibazo byaterwaga n’isuku nke, byagiye bikemuka hifashishijwe igikoresho cya Kandagirukarabe. Bimwe muri ibyo bibazo byaterwaga...
View ArticleRulindoa: buri muturage arasabwa kumenya niba umuturanyi we yaratanze...
TweetNk’uko byakunze kugaragara ko hari bamwe mu baturage badatanga mituweri kubera kuyisuzugura no kutayiha agaciro, mu karere ka Rulindo, kuri ubu buri muturage arasabwa kumenya niba umuturanyi we...
View ArticleRulindo: abaturage basanga urubyiruko rugomba gutozwa kuboneza urubyaro.
Tweet Bamwe mu baturage kimwe n’abayobozi bo mu karere ka Rulindo, ngo basanga urubyiruko narwo rwagombye guhabwa inyigisho ku bijyanye no kuboneza urubyaro hakiri kare, kugira ngo babikurane bityo...
View ArticleRulindo: Residents commend Kinihira Hospital medical services
Tweet Kinihira Hospital started operating in 2012 Medical services in Rulindo district are said to have improved due the presence of Kinihira Hospital which also serves Burera district and other...
View ArticleRulindo: mituweri iracyari hasi ugereranije n’ikifuzo cy’ubuyobozi
Tweet Kugeza ubu mu karere ka Rulindo bigaragara ko ubwisungane mu kwivuza bukiri hasi ugereranije n’ibyifuzo by’abayobozi bo muri aka karere kuko kugeza ubu ngo bikiri kuri 74%. Nk’uko byasobanuwe...
View ArticleRulindo: urubyiruko ntirwumva neza ipamvu yo kumenya hakiri kare ibijyanye no...
Tweet Hari bamwe mu rubyiruko mu karere ka Rulindo bavuga ko kugira ubumenyi ku bijyanye no kuboneza urubyaro mbere yo kurushinga ntacyo bimaze, ngo kuko basanga ntacyo byabamarira mu gihe bataragera...
View ArticleRulindo: hari abaturage bagifite umuco wo gusangirira ku muheha umwe, ngo ni...
Tweet Bamwe mu baturage bo mu karere ka Rulindo, baracyafite umuco wo gukoresha umuheha cyangwa umukenke umwe, mu gihe baba basangira, ibi kandi bakabikora babizi ko ari bibi. Iyo ubashije kuganira...
View ArticleRulindo: uyu mwaka nta mwana uri munsi y’imyaka itanu uri mu mutuku.
Tweet Mu bijyanye n’imibereho myiza mu karere ka Rulindo, kuri ubu aka karere ngo gasanga gahagaze neza, aho abaturage bako bavuga ko kwiteza imbere muri byinshi birimo kumenya kwiyitaho, no gutegura...
View ArticleRulindo: bageze ku kigereranyo cya 64 % mu gutanga ubwisungane mu kwivuza.
Tweet Mu karere ka Rulindo barishimira ko bagenda bazamuka bagana ku rwego rwiza mu gutanga ubwisungane mu kwivuza. Ngo bafite icyizere ko abaturage bagenda barushaho gusobanukirwa n’ibyiza byo gutanga...
View ArticleBugesera: Abangavu barasabwa kugira indangagaciro kugirango birinde inda...
TweetAbayobozi batanze ibiganiro bisaba abangavu kwirinda inda zitateganyijwe Abakobwa b’abangavu barasabwa kugira indangagaciro na kirazira kugirango babashe kwirinda inda zitateganyijwe. Ibi ni ibyo...
View Article
More Pages to Explore .....